Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yabonanye na Minisitiri wungirije ushinzwe Ububanyi n'Amahanga n'Ubucuruzi muri Australia, Matt Thistlethwaite, baganira ku mikoranire y'impande zombi
Urugaga rw’Ababaruramari b’Umwuga mu Rwanda (ICPAR), rwatangaje ko ku nshuro ya gatatu rugiye guhemba ibigo, inzego n’abantu ku giti cyabo bitwaye neza mu kuzuza raporo zikubiyemo amakuru ajyanye n’ibaruramari mu mwaka washize
Ingabo z'u Rwanda, RDF zateguje umukino wa gishuti n'ingabo za Uganda UPDF uzaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025
Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yavuze ko muri uku kwezi kwa Kanama 2025, inkuba zakubise mu turere dutandukanye tw’igihugu, zatumye abantu batatu batakaza ubuzima abandi batandatu barakomereka
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi, basobanurirwa amateka u Rwanda rwanyuzemo
Abagize Urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano, DASSO, bagera kuri 391 basoje amasomo abinjiza mu kazi bari bamazemo amezi atatu
Minisitiri w’Intebe,Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kugira uruhare mu iterambere n’icyerekezo cy’igihugu
Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw'amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka 31
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kuvuguruza abasebya u Rwanda, batanga amakuru y’ukuri
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu,Dr Bizimana yasabye  abarangije mu Itorero Indangamirwa kuba bandebereho muri byose n’Urumuri rw’Urwanda rushya