Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, baganirije urubyiruko impamvu banze gutererana u Rwanda mu 1994
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu z'igihugu, APR yatangaje ko imikino yo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League bagombaga gukina yahinduriwe amatariki kubera Shampiyona y'amagare
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yaganiriye na Gen Dagvin R.M. Anderson uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika (AFRICOM)
Perezida wa Kenya,Wiliam Ruto, yagennye ba Ambasaderi bahagarariye iki gihugu mu bindi bihugu birimo na RDC, mu bice bya Goma bigenzurwa n’umutwe wa M23
Inyubako y'ubucuruzi yo mu karere ka Kicukiro, ikoreramo ikigo gicuruza imigati, ikawa n'ibindi,yitwa Lamane,  yafashwe n'inkongi y'umuriro , ibirimo birangirika
Daniel Paluku Kisaka wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku butegetsi bwa Joseph Kabila yagaragaye yambaye umwambaro wa gisirikare wa AFC/M23, kandi afite n’imbunda
Ikipe ya Rayon Sports inyagiwe n’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania mu mukino wa gishuti wari wateguwe na Rayon Sports ku munsi mukuru wa Rayon Day
General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko mu gihe intambara izaba yongeye kubura hagati y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 niza Congo FARDC ingabo abereye umuyobozi zizayinjiramo
Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ise akaba na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Perezida Paul Kagame, ari abakire kurusha Elon Musk, ufatwa nk’umuherwe ku rwego rw’Isi
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, yasabye abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kurangwa no gukorera mu mucyo ndetse n’ubunyangamugayo