Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yavuze ko muri uku kwezi kwa Kanama 2025, inkuba zakubise mu turere dutandukanye tw’igihugu, zatumye abantu batatu batakaza ubuzima abandi batandatu barakomereka
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi, basobanurirwa amateka u Rwanda rwanyuzemo
Abagize Urwego rwunganira uturere mu gucunga umutekano, DASSO, bagera kuri 391 basoje amasomo abinjiza mu kazi bari bamazemo amezi atatu
Minisitiri w’Intebe,Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kugira uruhare mu iterambere n’icyerekezo cy’igihugu
Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw'amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka 31
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin , yasabye abarangije Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15 kuvuguruza abasebya u Rwanda, batanga amakuru y’ukuri
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano Mboneragihugu,Dr Bizimana yasabye  abarangije mu Itorero Indangamirwa kuba bandebereho muri byose n’Urumuri rw’Urwanda rushya
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasizuba, EAC, n’uwa Afurika y’Amajyepfo, SADC, bongeye kugirana ibiganiro bigamije kurebera hamwe icyakorwa kugirango amahoro arambye agaruke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC
NAEB yahembye ikawa 20 za mbere nziza zahize izindi mu mwaka wa 2025, binyuze mu irushanwa ngarukamwaka y’ubwiza buhebuje bw’ikawa y’u Rwanda
Abakinnyi n’abatoza b’ikipe y’ingabo z’igihugu, APR FC, bahize kwitwara neza mu mikino ya Pre‑Season, CECAFA Kagame Cup na CAF Champions League