Camille Ndikumana

Camille Ndikumana

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yibukije Abanyarwanda ko bagomba guharanira kwigira no kwirinda kubaho bateze amaramuko ku bandi
Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yagaragaje ko muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere, NST2, igaragaza ko kuva yatangira, ubukungu bw'u Rwanda bwazamutse aho kuri ubu bugeze 8.9% buvuye kuri 8.2% mu 2023.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku ntambara imaze imyaka myinshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga u Rwanda atari rwo nyirayabazana w’ibibazo bihari, ndetse n'intambara iriyo itatangijwe n'u Rwanda, naba nyirubwite babizi
Ikigo Gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda (RAB) cyatangaje ko kiri gukora ubushakashatsi ku mbuto nshya cumi n’ebyiri z’ibigori zongerewe ubudahangarwa bwo kwirinda indwara ya nkongwa no guhangana n’ihindagurika ry’ibihe ndetse zitezweho kugabanya igihombo kigaragara mu buhinzi bw’ibigori ku kigero cya 75%.
Imyaka 20 irashize , Abanyarwanda b'imbere mu gihugu n'abo hanze, basasa inzobe bakarebera hamwe icyateza imbere igihugu n'umunyarwanda.
Ikipe ya APR FC yigirije nkana kuri Gasogi united iyitsinda ibitego 3-0 mu mukino w'umunsi wa 18 wa Shampiyona y’u Rwanda 'Rwanda Premier League'
Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko Dr. Manirakiza Benjamin usanzwe ari umwarimu muri Kaminuza, na UMUHOZA Hamida , INEZA Fidella , Mucyo Vanessa , bafungwa by'agateganyo bakurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa n'icyo gushakira inyungu mu mibonano mpuzabitsina.
Amagaju FC yatangaje Sghir Hammad nk’umutoza Mukuru mushya wayo mu gihe yari imaze ibyumweru birenga bitatu idafite umutoza Mukuru.