Nina Cynthia

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasobanuye ko mu gihe cya shampiyona y'Isi y’Amagare, abaturage badahejejwe mu ngo cyangwa ngo gahunda zabo zihagarare ahubwo ko bitazabuza ufite gahunda z’ingenzi kuzikora kuko ubuzima buzakomeza nubwo hari imihanda izaba itari gukoreshwa mu gihe runaka.
Minisitiri w'Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye abarangije amasomo mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi butangiza Ibidukikije (RICA), gufasha igihugu mu kongera umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi binyuze mu guhinga bigezweho kandi hatangijwe ibidukikije, abasaba kuzanatanga serivisi nziza.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Isanzure mu Rwanda, Space Agency, cyasinyanye amasezerano n’Ikigo Nyafurika Gishinzwe guhangana n’ibiza, African Risk Capacity,yitezweho kuzafasha mu rwego rw’ubuhinzi mu guhangana n’ingaruka z’ibiza.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko imibanire y’u Rwanda n’amahanga ihagaze neza, yongera gushimangira ko ibibazo by'umutekano wa RDC bizakemurwa n'ibiganiro ndetse yamagana umwanzuro wa EU kuri Ingabire Victoire
Depite Muzana Alice wo mu Ishyaka rya PSD yatorewe kuba Umuvugizi w'Ihuriro Nyungurabitekerezo ry'Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda, naho Nsengiyumva Dieudonné wo mu ishyaka rya PPC agirwa Umuvugizi Wungirije w’iri huriro
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yakoze impinduka mu buyobozi bw'ibiro bye aho Dieudonne Gatete, yagizwe Umuyobozi w’Ibiro bya Perezida wa Repubulika, yungirijwe na Viviane Mukakizima
Urwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abakozi ba FERWAFA