Nina Cynthia

Nina Cynthia

Dushime Nina Cynthia ni umunyamakuru w’Umunyarwandakazi ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru y'ibibera imbere mu gihugu. Kuri ubu ni 'Special Editor' ku rubuga rw’amakuru rwa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Madamu Jeannette Kagame yatangaje ko igihembo cy'ishimwe mu guteza imbere ubuzima bw'abagore aherutse guhabwa na FIGO, agitura abagore, abakobwa n'urubyiurko batera imbaraga umuryango wa Imbuto Foundation mu rugendo rwo kwiyubaka
Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj. Gen. (Rtd) Albert Murasira yatangaje ko u Rwanda rwihaye intego y'uko mu 2030, byibura 50% by'imiryango y'impunzi ziba mu Rwanda bazaba babasha kwibeshaho badakeneye guhabwa inkunga cyangwa ubundi bufasha
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro z'abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Maziramunda, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Yves Iradukunda
Umuryango Unity Club Intwararumuri watangaje ko ubabajwe n'urupfu rw’Umurinzi w’Igihango Madamu Joséphine Murebwayire witabye Imana ku Cyumweru tariki ya 05 Ukwakira 2025
U Rwanda rwatangije ku mugaragaro Ikigo Mpuzamahanga cyigisha ibijyanye n’umutekano w’ikoranabuhanga, kizwi nka CyberHub
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibijyanye n’Isanzure (Rwanda Space Agency), Gaspard Twagirayezu, yatorewe kuba Umuyobozi Wungirije w’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inzobere mu by’Isanzure (International Astronautical Federation
Ikipe y'Umukino w'Amagare y'u Bufaransa iri mu Rwanda aho yari yitabiriye Shampiyona y'Isi y'Amagare yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi