Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Mu Rwanda imanza zishingiye ku biyobyabwenge zageze kuri 5.979 mu 2026

Umuhora wa ruguru wiyemeje gufasha u Rwanda kugabanya imyuka ihumanya ikirere

Gen Mubarakh Muganga yasabye APR FC kugarukana intsinze i Kigali iyikuye  i Lubumbashi

U Rwanda rwijeje abahinzi ko ifumbire izakoreshwa mu Muhindo ihari kandi ihagije

Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuherwe w’Umunyamerika, Bill Gates, washinze akaba na Perezida w’Inama y’Ubutegetsi ya Gates Foundation, baganira ku gushimangira ubufatanye mu guteza imbere ubuzima, ubuhinzi, ubwenge buhangano n’ibikorwaremezo by’ikoranabuhanga.
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin yeretse Umunyemari akaba n’ukora Ibikorwa by’ubugiraneza, Bill Gates, ko Abajyanama b’Ubuzima ari inkingi ya mwamba mu mikorere n’iterambere ry’urwego rw’ubuzima mu Rwanda.
Umuherwe w’Umunyamerika, Bill Gates uri mu ruzinduko mu Rwanda, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, ashima uburyo u Rwanda rwongeye kwiyubaka nyuma y’ibihe bikomeye rwanyuzemo.
Mu gihe imirimo yo gutanganya no gusubiranya ibishanga byo mu Mujyi wa Kigali iri kugana ku musozo Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kurengera Ibidukikije (REMA) cyatangaje ko urusobe rw’ibinyabuzima rwatangiye kongera kugaruka muri ibi bishanga.
Nubwo siporo ari ingenzi mu kubungabunga ubuzima bw’umuntu ariko ubushakashatsi bwerekana ko igihe ikorerwa gishobora kugira uruhare runini ku mikorere y’umutima n’ireme ry'ibitotsi. 
Ku bantu benshi, nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina usanga umubiri uba wacitse intege wananiwe ku buryo bahita bumva basinzira. Ibi ni ibintu bisanzwe biterwa n’imihindagurikire y’imisemburo ndetse n’imbaraga umubiri uba umaze gukoresha.
Umuherwe w'Umunyamerika akaba n'uwashinze Gates Foundation na Microsoft, Bill Gates, yavuze ko yishimiye kongera kugirira uruzinduko mu Rwanda, agaragaza ko atewe ishema n'iterambere igihugu kimaze kugeraho mu nzego z'ubuzima, ubuhinzi n'ibikorwaremezo by'ikoranabuhanga bifasha abaturage kubona serivisi za Leta.
Mu ishingwa ry’ihuriro Rwanda National Congress (RNC) intego zari ukubuza umutekano u Rwanda dore ko ryashinzwe n’abahoze ari abayobozi muri politiki y’u Rwanda nka Gen. Kayumba Nyamwasa na Dr. Theogene Rudasingwa ariko kuri ubu RNC ahubwo ibuza amahoro abayishinze dore ko batatanye nk’inzuki zitagira urwiru.
Nubwo hari intambwe yatewe, u Rwanda rugaragaza ko rukeneye hagati ya 12% na 21% by’umusaruro mbumbe warwo kugira ngo intego zose zizagerweho uko zakabaye mu 2030 mu gihe mu mwaka wa 2024-2025 byari bikiri kuri 8%.
Abantu bamwe bumva ko kunywa ikirahure cy'umutobe w'imbuto bihwanye no kurya imbuto ubwazo. Gusa ubushakashatsi bwerekana ko nubwo umutobe wazo ubamo vitamini n'imyunyu ngugu nk’ibiba mu mbuto udashobora gusimbura kuzirya

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka