Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Minisitiri Dr. Gasore yahagarariye Perezida Kagame mu nama ya Africa We Build Summit 2026

Public Announcement: Intention to Close Operations of Land O’Lakes Ventures 37 in Rwanda

I&M BANK: Tender Open To National Registered Companies

Perezida Kagame yakiriye itsinda riyobowe n’Umuyobozi wa Chery Holding Group yo mu Bushinwa

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF, ryashimiye u Rwanda ku kazi gakomeye rwakoze mu ku burenganzira bw’abana mu nzego z’ubutabera zarwo.
Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga n’Ubutwererane yakiriye itsinda ry'"Ishuri Umuco” rigizwe n'urubyiruko rw’Abanyarwanda baba mu Bubiligi, bari mu ruzinduko mu Rwanda
Raporo ya Komisiyo y’Ingengo y’Imari n’Umutungo bya leta umutwe w’Abadepite yaragaje impungenge ku Turere tumwe tutararenga 10% mu gukoresha ingengo y’imari twagenewe nyamara hari utundi twagejeje hejuru ya 60%
Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko kuva tariki ya 16 kugeza ku ya 20 Gashyantare 2026  ibyoherejwe mu mahanga byinjirije u Rwanda miliyari 26,9 Frw.
Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) mu guteza imbere umupira w’amaguru by’umwihariko ku Rwanda
Abakozi bakora ibiraka mu Rwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), abazwi nka banyakabyizi barasaba ko bishyurwa ibirarane by’amezi atatu baberewemo, aho kuri ubu batorohewe n’ubuzima
Minisiteri ishinzwe ibikorwa by’Ubutabazi MINEMA, yatangaje ko mu minsi 22 gusa y’ukwezi  kwa Gashyantare ibiza bimaze guhitana abantu 15, bikomeretsa 49 ndetse byangiza n’ibindi bikorwa byinshi.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026 Perezida Paul Kagame yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije w’Ubwami bwa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji, bagirana ibiganiro bifitiye inyungu ibihugu byombi.
Perezida w’Ihuriro rw’Abakemurampaka bigenga mu by’ubucuruzi ku Isi (CIARB), Cesar Pereira, yashimiye leta y’u Rwanda ku ntambwe ifatika yatewe mu kongera umubare w’imanza zikemurwa hatabayeho kwitabaza inkiko biturutse ku gutera imbere kw’Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubuhuza cya Kigali ‘CIARB Rwanda’.
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi, MINEMA, yongeye kwibutsa Abanyarwanda n’Abaturarwanda bose uko bakwiye kwitwara muri ibi bihe by’imvura irimo inkuba mu rwego rwo kwirinda ibyago bituruka ku kutitwararika harimo  no kubura ubuzima.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka