Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, yigaramye amakuru avuga ko igihugu cye kiri mu mugambi na Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye wo kugaba ibitero ku Rwanda.
Ibi byabaye ku wa 23 Mata 2026 aho abafashwe ari umugore w’imyaka 43 y’amavuko n’umugabo wa 34 bakaba barafatiwe mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Rutunga Akagari ka Kigabiro,Umudugudu wa Karwiru aho aba bombi bafashwe bafite ibiro 2 by’urumogi n’udupfunyika 250 twarwo.
U Bufaransa bwatangaje ko hari Abanyarwanda 36 bari gukorwaho iperereza kugira ngo bazaburanishwe ku byaha bakekwaho bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu Rwanda.
Ku itariki nk’iyi mu 1994 ni bwo Ingabo za FPR Inkotanyi zatangiye guhungisha abo zari zarokoye ziberekeza mu bice bitarimo imirwano bya Byumba na Gahini.
Urwego Ngenzuramikorere Ishami rishinzwe kugenzura Amazi, isuku n’isukura ryatangije gahunda y'ubukangurambaga yo kurebera hamwe ibibazo n’imbogamizi biboneka muri serivise y’imitangire n’imikoreshereze y’amazi hagamijwe gufatanya n’abaturage n’inzego bireba uko ibibazo biri muri uru rwego byavugutirwa umuti urambye.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yahagarariye Perezida Paul Kagame mu nama ya Africa ‘We Build Summit 2026’ iri kubera i Nairobi muri Kenya.
Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda riyobowe na Xu Hui, Umuyobozi w’Ikigo cy’ishoramari cyo mu Bushinwa cya Rich Resource International Investments (RRII) akaba n’Umuyobozi Wungirije w’Inama y’Ubutegetsi ya Chery Holding.
Umujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Mata 2026 hari imihanda imwe n’imwe izaba ifite ibisate byagenewe bisi zitwara abagenzi mu buryo rusange mu masaha agaragaramo abagenzi benshi.
U Rwanda na Uganda byasinyanye amasezerano y'ubufatanye mu kubaka ubudahangarwa bwo guhangana n'ibyorezo, guhugura abakozi bo mu rwego rw'ubuvuzi no gushyira hamwe mu bikorwa by'ingenzi mu rwego rw'ubuzima.
Urwego rw’igihugu Ngenzuramikorere (RURA) Ishami rishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, ruri muri gahunda yo gukemura ibibazo bigaragara mu rwego rw’isuku n’isukura harimo ikibazo cy’igiciro cyo gutwara imyanda ndetse n’ibimoteri bibangamira abaturage bikunze kugaragazwa n’abaturage mu bice bitandukanye.