Jeannette Uwase ni umunyamakuru akorera Umunota.com. Akunda gutanga inkuru zishingiye ku kuri no gusakaza amakuru, akandika inkuru zitandukanye agamije gutuma abasomyi bamenya kandi bagakurikirana ibiri kuba mu gihugu.
Mu nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye ku nshuro ya 80 (UNGA80), u Rwanda rwagaragaje ko rwatangije imishinga itandukanye y'ikoranabuhanga igamije kurinda no kubungabunga amakuru.
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Antoine Feleix Tshisekedi, yabwiye abitabiriye Inama Rusange y’Umuryango w’Abibumbye (UNGA) i New York, ko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, akwiriye guhabwa igihembo cyitiriwe Nobel kubera uruhare rwe mu gushaka amahoro arambye mu karere k’Ibiyaga Bigari n’ahandi ku Isi.
Urubanza rw’ubujurire rwa Sosthène Munyemana, umwe mu bakekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, rwongeye kuburanishwa mu Rukiko rushinzwe gusubirishamo imanza i Paris mu Bufaransa.
Minisitiri w’Intebe,Dr Nsengiyumva Justin, yasabye abahinzi bo mu karere ka Nyaruguru, gutekereza uburyo bashyira mu bwishingizi ibihingwa, birinda ko bajya mu gihombo mu gihe bahuye n’ibiza.