Abaturage bo mu gace ka Uvira, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bivuganye umusirikare wa FARDC waherukaga kwica umuyobozi ushinzwe itumanaho mu biro bya Guverineri w'Intara ya Kivu y'Amajyepfo
Perezida Paul Kagame, ubwo yari yitabiriye inama ya Komisiyo y'Umuyoboro Mugari w'itumanaho rya Internet (Broadband Commission), yasabye Isi gushyira imbaraga mu gukuraho icyuho kikigaragara mu kugeza ikoranabuhanga rya Murandasi ku bantu bose
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga