Amakuru

Nyirahabimana Olive wo mu Mudugudu wa Marara I, Akagari ka Mbarara , mu Murenge wa Rwinkwavu, Akarere ka Kayonza, aravuga ko yahugujwe inzu n'umuryango w'umugabo bashakanye.
Leta ya Amerika, yagaragaje umutwe wa FDLR nka kimwe mu bikomeje kudindiza ishyirwa mu bikorwa ry'amasezerano y'Amahoro
Intumwa z’Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba ziteguye gutabara mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba (Eastern Africa Standby Force – EASF), zasuye icyicaro cya Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda, hagamijwe kugenzura ibikoresho by'Ingabo zirwanira mu kirere
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi (Rwanda Water Resources Board) bugaragaza  imirimo yo kubaka urugomero rwa Muvumba, ruri mu karere ka Nyagatare igeze ku kigero cya 44%.
Ese uribuka igihe wari mu rukundo ukuntu ubwa wa muhanzi wari warahenganye uruhu n'uruhande? Ariko iby'abubu bo byarahindutse, hari ubwo ibyari urukundo bibabera umuravumba kubera isaba ry'amafaranga rya hato na hato
Umujyi wa Kigali ukomeje kwita cyane ku rwego rw'ubwikorezi ndetse kuri ubu haratekerezwa umushinga w'imodoka zigendera ku migozi mu kirere [Cable cars]
Umugabo w'myaka 56, n´umugore w´imyaka 65 bafashwe bagerageza guha inzego z’umutekano ruswa y'ibihumbi mirongo itanu (50.000 Frw) nyuma yo kubasangana inzoga z’inkorano ziswe Ibikwangari.
Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva , yatangaje ko imirimo yo kwagura Prince House–Giporoso–Masaka, izatangira mu kwezi kwa Gashyantare 2026.
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yavuze ko u Rwanda rwishimiye kwakira irushanwa ry'Igikombe cya Afurika cya Handball, yerekana ko ari intambwe ikomeye mu guteza imbere siporo, by’umwihariko umukino wa Handball mu gihugu no muri Afurika muri rusange