Amakuru

Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, ryakiriye inyandiko zikubiyemo ubutumwa bwamagana imvugo z'urwango n'ivangura Abanye-congo bavuga ururimi rw'Ikinyarwanda bakomeje gukorerwa n'ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, DRC.
Mu mwaka wa 2025 usize urwego rw'Umuvunyi rukoreye isesengura imanza 555 zingana na 90 % nkuko bikubiye muri raporo y'uru rwego yo muri uwo mwaka
Abashoramari bo muri Hong Kong , bibumbiye muri Sosiyete Hong Kong Chuangzhi Group, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mutarama 2026, bagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi hamwe na Ambasaderi w’u Rwanda mu Bushinwa, James Kimonyo .
Impunzi z'abanye-congo baba mu Rwanda, zatakambiye amahanga zisaba Imiryango Mpuzamahanga kubakorera ubuvugizi kubera ko bifuza gutaha mu gihugu cyabo cya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (DRC)
Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba, Pudence Rubingisa, yihanganishije imiryango y'abuze ababo bakubiswe n'inkuba mu Murenge wa Jarama, mu karere ka Ngoma, yizeza abaturage ko bagiye gushyira imirindankuba ahantu hahurira abantu benshi.
Tariki ya 7 Mutarama 2026 yinjiye mu mateka ya Kiliziya y’u Rwanda nk’umwe mu minsi idasanzwe, kuko ariyo yatangirijweho ibikorwa byo kubaka Ingoro y’Ubwiyunge, izaba iherereye ku Ibanga ry'Amahoro
Impunzi z’Abanye-Congo zituye mu mujyi wa Kigali zazindukiye mu rugendo rw'amahoro rwabereye kuri za Ambasade zikorera mu Rwanda, mu rugendo rugamije kwamagana ubwicanyi n'imvugo z'urwango biri mu Burasirazuba bwa Congo
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Prosper Mulindwa, yakanguriye abaturage b'aka Karere gutangira umwaka mushya wa 2026 birinda gusesagura umutungo no gushyira imbaraga mu bikorwa bigamije iterambere rirambye

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka