Amakuru

Umuyobozi Ushinzwe guhuza ibikorwa by'Ingabo z'u Rwanda n'abaturage muri RDF, Colonel Désiré Migambi, yasabye urubyiruko rwa Gen-Z gukunda igihugu batizigamye ndetse barebera kubababanjirije
Minisitiri w’Ubwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga n'Afurika, Rt. Hon Baroness Jennifer Chapman mu rugendo arimo mu Rwanda, yagiriye urugendo mu Ntara y’Amajyaruguru, asura Ikigo cy’Ishuri cya GS Kirebe TSS cyo mu Karere ka Gakenke ,ashima ubufatanye buri hagati y’ibihugu byombi.
Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo,Felix Tshisekedi, yasabye ko yahuza imbaraga na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame bagasaba umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwe guhagarika imirwano, ngo kuko iri gutwara ubuzima bw’abasivili benshi.
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Gasabo yataye muri yombi umugabo witwa Sabato Mupenzi, ashinjwa kwiba ibikoresho by'amashanyarazi
Ingabire Marie Immaculée wari Umuyobozi w'Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n'Akarengane mu Rwanda, Transparency International Rwanda (TIR), yitabye Imana azize uburwayi
U Rwanda rwasinyanye amasezerano atandukanye mu by'ubucuruzi na Jordanie  agamije ubufatanye hagati y’ibihugu byombi.
Itsinda ry’Urubyiruko rubarizwa mu Muryango w’Abanyarwanda batuye muri Afurika y’Epfo, rwasuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), basobanurirwa intambwe u Rwanda rumaze gutera mu bumwe, ubwiyunge n’iterambere
Mu Karere ka Bugesera, Abanyamahanga batandatu bahisemo kuba Abanyarwanda, bahawe ubwenegihugu burimo ubushingye ku ishyingirwa.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Somalia, Maj. Gen. Odawa Yusuf Rage n’itsinda bazanye mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi