Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko umutungo wose w'urwego rw'imari mu Rwanda wageze kuri miliyari ibihumbi 15,9Frw mu mpera z'Ukuboza 2025, izamuka rya 23.7%
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo itangiraho inguzanyo ku ma banki ho iby'ijana 50, kigera kuri 7.25% mu gihembwe cya kane cya 2025, kivuye kuri 6.75% cyariho mu gihembwe cyabanje
Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) , yagaragaje ko kugeza ubu abana 328 bari kumwe na ba nyina mu magororero ya Nyarugenge, Nyamagabe,Musanze na Ngoma.
Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC) yatangaje ko yahaye abashoramari b’Abanyamerika uburenganzira bwo kugenzura no gusuzuma ibirombe byo mu gace ka Rubaya, kari muri teritwari ya Masisi, kagenzurwa n’ihuriro AFC/M23
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga