Abanyarwanda baba mu gihugu cya Senegal batanze inkunga irenga miliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda, igenewe gahunda ya “Dusangire Lunch”, ifasha abanyeshuri kubona ifunguro rya saa sita ku ishuri
ngabo z'u Rwanda ziri bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu mujyi wa Bria muri Centrafrique, ku wa 7 Mutarama 2026, zambitswe imidali na Loni, mu rwego rwo kubashimira ubwitange mu kubungabunga amahoro muri icyo gihugu.
Abanye-congo baba mu Rwanda batangaje ko bashenguwe n’amagambo y'urwango aherutse gutangazwa n’umuvugizi w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Gen. Maj. Sylvain Ekenge, atesha agaciro abagore bo mu bwoko bw'Abatutsi bakomoka muri icyo gihugu
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga