Amakuru

AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye Umuryango uharanira uburenganzira bwa Muntu (Human Right Watch) yasohoye raporo iyishinja kwica abasivili barenga 140 mu bice byegereye pariki y’igihugu ya Virunga
Abanyamategeko baburanira leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,basabye Urukiko Rukuru rwa Gisirikare guhamya Joseph Kabila ibyaha ashinjwa nk’Umunyarwanda, bahamya ko yiyitiriye Laurent Desire Kabila
Umuyobozi w’Ingabo mu Ntara y’Iburengerazuba, Major General Nkubito Eugene, yavuze  ko Gen Ntawunguka Pacifique alias Omega uyobora  umutwe ukorera mu mashyamba ya RDCongo,FDLR akwiye gutaha mu gihugu ku mahoro niba ashaka kubaho
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb Nduhungirehe Olivier uri i Yokohama mu Buyapani yahuye n’Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe Umurimo, ILO , André Bogui
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko u Rwanda rwiyemeje kudatezuka ku guharanira amahoro n’umutekano muri Afurika
Inama y’amashuri makuru na za Kaminuza mu Rwanda (HEC) irasaba inganga z'abakora imyuga itandukanye kuzajya bagira uruhare mu gutegura integanyanyigisho zikoreshwa mu mashuri makuru n'aza Kaminuza hagamijwe kunozwa ireme ry'uburezi bwayo
Umunyamabanga wa Leta muri MINAFFET, Gen (Rtd) James Kabarebe, yakiriye kopi z’impapuro zemerera Casper Stenger Jensen, guhagararira Denmark mu Rwanda, akazaba afite icyicaro i Kigali
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko Umuganda rusange usoza Kanama 2025 uzaba ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Kanama 2025