Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta, yibukije abakoresha umuhanda ko ari igikorwaremezo gikwiye gufatwa neza, abasaba kubahiriza amategeko awugenga mu rwego rwo gusigasira iterambere, amahoro n'umutekano
Abanyarwanda baba mu gihugu cya Senegal batanze inkunga irenga miliyoni 30 z’amafaranga y’u Rwanda, igenewe gahunda ya “Dusangire Lunch”, ifasha abanyeshuri kubona ifunguro rya saa sita ku ishuri
ngabo z'u Rwanda ziri bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro mu mujyi wa Bria muri Centrafrique, ku wa 7 Mutarama 2026, zambitswe imidali na Loni, mu rwego rwo kubashimira ubwitange mu kubungabunga amahoro muri icyo gihugu.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga