Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika yo mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda yasabye inzego za Leta y’u Rwanda zifite mu nshingano insengero ko hakorwa ibishoboka byose izujuje ibisabwa zigafungurwa Abakirisitu bakongera guterana
Ikigo cy'Igihugu cy'Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n'Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI) na Minisiteri ya Siporo byaganiriye ku mushinga wo gushyiraho Laboratwari ipima ikoreshwa ry’imiti yongerera abakinnyi imbaraga.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko impanuka ikomeye y’ikamyo itwara ibikomoka kuri peteroli yabereye mu Karere ka Kicukiro, ku mugoroba wo ku wa Mbere, yahitanye abantu batanu, abandi icyenda barakomereka
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga