Minisiteri y'Ibidukikije yasabwe gusobanura mu gihe kitarenze amezi abiri impamvu yateye igihombo cyarenga miliyari 1.32 z’amafaranga y’u Rwanda, cyatewe no kudashyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano Ikigo cya SEAL cyari cyagiranye n'u Rwanda yo gusarura no gusazura amashyamba mu Ntara
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yamenyesheje Abanyarwanda bose baba cyangwa basura iki gihugu ndetse n’abari mu Bwami bwa Bahrain ko nta mpungenge bakwiye guterwa n'intambara iri mu Burasira bwo hagati, ibizeza umuteka n’ubufasha ku babukeneye
Ubuyobozi bw'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Amazi, Isuku n'Isukura (WASAC Group) bwatangaje ko abafatabuguzi bacyo batuye mu Mirenge igize akarere ka Bugesera ndetse n'iyo mu karere ka Gasabo na Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Werurwe , biteganyijwe bataza kubona amazi nk'uko bari basanzwe bayabona .
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, Jean-Guy K. Afrika, yakiriye Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda, Mansoor Ali Al-Hajri, aho baganiriye ku ngingo zinyuranye zishingiye ku bufatanye ibihugu byombi bisanzwe bifitanye.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga