Inama y'Abaminisitiri yemeje ko abantu 1874 bari barakatiwe n'inkiko bafungurwa by'agateganyo. Ni bimwe mu byemezo by'Inama y'Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Werurwe 2026, ibereye muri muri Village Urugwiro, iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame