Amakuru

Karongi:RIB yafunze abakekwaho kunyereza umutungo usaga miliyoni 226

Inzego za Leta zikerereza imishinga zagaragajwe nk’intandaro y’imicungire mibi y’umutungo

Leta yagaruje miliyari 1,47 Frw yari yarakoreshejwe nabi

Urukiko rw’i Paris rwategetse ko Agathe Kanziga akomeza gukorwaho iperereza

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb.Nduhungirehe Olivier, yeretse amahanga uburyo gahunda y’Umuganda, Gacaca no gukorera ku mihigo byongeye kubaka u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi
Umuyobozi wa Diviziyo ya kabiri mu ngabo za Uganda, Maj Gen Paul Muhanguzi, yashimye imikoranire n’ubufatanye buri hagati y’ingabo za Uganda, UPDF n’iz’u Rwanda, RDF
Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw’amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, baganirije urubyiruko impamvu banze gutererana u Rwanda mu 1994
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yaganiriye na Gen Dagvin R.M. Anderson uyobora Ingabo za Amerika zikorera muri Afurika (AFRICOM)
Perezida wa Kenya,Wiliam Ruto, yagennye ba Ambasaderi bahagarariye iki gihugu mu bindi bihugu birimo na RDC, mu bice bya Goma bigenzurwa n’umutwe wa M23
Inyubako y'ubucuruzi yo mu karere ka Kicukiro, ikoreramo ikigo gicuruza imigati, ikawa n'ibindi,yitwa Lamane,  yafashwe n'inkongi y'umuriro , ibirimo birangirika
Daniel Paluku Kisaka wahoze ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku butegetsi bwa Joseph Kabila yagaragaye yambaye umwambaro wa gisirikare wa AFC/M23, kandi afite n’imbunda
General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko mu gihe intambara izaba yongeye kubura hagati y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 niza Congo FARDC ingabo abereye umuyobozi zizayinjiramo
Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Ise akaba na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni na Perezida Paul Kagame, ari abakire kurusha Elon Musk, ufatwa nk’umuherwe ku rwego rw’Isi
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, yasabye abakozi b’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, kurangwa no gukorera mu mucyo ndetse n’ubunyangamugayo

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka