Minisitiri w'Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yasobanuye ko mu mategeko mashya y'umuhanda harimo ibyaha bibiri bikomeye bishobora kugeza umuntu mu rukiko, birimo gutwara imodoka wanyweye ibisindisha no gutwara nta byangombwa umushoferi afite
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko Ikawa y’u Rwanda mu mwaka ushize wa 2025, yinjriije u Rwanda akabakaba kuri miliyari 219 Frw ( Miyoni 150 $).
Nizeyimana Alexandre w'imyaka 26, wo mu Murenge wa Mukarange, aravugwaho kwiyahura kubera ikipe ya Rayon Sports yihebeye , yatsinzwe na mukeba wayo APR FC, bityo bikamunanira kubyakira, akishyira mu mugozi.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, mu kiganiro yagiranye na Fox News, yashimangiye ko yashoboye gushyira iherezo ku ntambara zitandukanye zo hirya no hino ku isi, zirimo n’iyo avuga ko yari imaze hafi imyaka 30 hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga