Amakuru

Umuyoboro mushya WASAC yujuje ugiye guha amazi abaturage barenga ibihumbi 500 

U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’ibigo bitandutu by’ubucuruzi bikomeye muri Afurika

Abasoje amasomo muri Politekiniki y’u Rwanda basabwe guhanga udushya n’imirimo ifitiye igihugu akamaro

Perezida Kagame yasabye Abakuru b’Ibihugu bya Afurika kumenya kwihesha agaciro

Minisitiri w’Ibikorwa by’Ubutabazi, Maj Gen. (Rtd) Albert Murasira, yashyize ibuye fatizo kuri site ya Rugerero, mu Karere ka Rubavu, ahagiye kubakwa inzu nshya 870 zigenewe abaturage bo mu mirenge itandukanye basenyewe n’ibiza
Abakinnyi batatu b’ikipe y’abagore ya Arsenal, barimo kapiteni w’iyi kipe Katie McCabe, Caitlin Foord na Laia Codina, basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, bunamira inzirakarengane ziharuhukiye
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyatangaje ko ibiciro byo ku masoko mu Rwanda byazamutseho 7% muri Kamena 2025, ugereranyije na Kamena 2024. Iri zamuka ryatewe ahanini n’iry’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka