Eid al-Fitr cyangwa se Irayidi ntoya ni umunsi mukuru ukomeye mu idini ya Islam aho ari munsi mukuru wo guhagarika kwiyiriza ndetse ukaba ugaragaza iherezo ry’ukwezi gutagatifu kwa Ramadhan, aho Abayisilamu baba bamaze iminsi 29 cyangwa 30 biyiriza amanywa yose
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yatangaje ko ubujura bukoreshejwe ikoranabuhanga mu bigo by’imari bwagabanutse mu myaka ibiri ishize, aho bwavuye ku 5,000 mu mwaka wa 2024 bukaba ubu bugera ku 3,000
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwakatiye abagabo batatu bo mu kagari ka Gati mu murenge wa Muyira mu karere ka Nyanza baregwa kwica abakekwaho 'Ubujura' buri wese yakatiwe gufungwa imyaka 25
Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu, MINALOC, yatangaje ko umuganda w'ukwezi kwa Werurwe 2026 uzibanda cyane ku gukora isuku ku nzibutso za Jenoside yakorewe Abatutsi no gufasha abayirokotse batishoboye.
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yatangaje ko kugeza ubu nta zamuka rigaragara ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli na gaz ku isoko ry’u Rwanda riraterwa n’intambara imaze ibyumweru bitatu mu Burasirazuba bwo Hagati
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Butaro ho mu karere ka Burera ,baravugako ubuyobozi bwabahagarikiye ibinyobwa bari basanzwe banywa birimo ikigage,ubushera n’urwagwa.Ibi ngo bikabagiraho ingaruka zo kubura ibindi banywa bityo bamwe bagahitamo kwambuka umupaka bakajya kunywa inzoga yitwa Kanyanga mu gihugu cya Uganda.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga