U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za Nikeleyeri mu buryo bw’amahoro
U Rwanda rwisanze mu Itsinda K hamwe na Mali, Cape Verde na Liberia mu rugendo rwo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2027, kizabera muri Kenya, Tanzania na Uganda.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Mayor Samuel Dusengiyumva, yahuye n'Umuyobozi w’Umujyi wa Baku muri Azerbaijan, Azizov Eldar Aziz oglu, baganira ku buryo bwo kurushaho guteza imbere imikoranire hagati y’iy'imijyi yombi
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga