Amakuru

Abagize Inteko ishinga Amategeko, umutwe w'Abadepite batangiye ingendo mu Ntara zose z'Igihugu zigamije gushaka amakuru ku bikorwa bya Guverinoma byerekeranye n'iterambere ry'imijyi, imiturire n'imikoreshereze y'ubutaka
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge ryafatiye mu Mujyi wa Kigali, abantu batandukanye bafite urumogi ibiro 10 n’udupfunyika twarwo 452
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Ugushyingo 2025, yakiriye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Guinée , Morissanda Kouyaté.
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo, rwanze ubujurire, rutegeka ko Kalisa Adolphe ’Camarade’ wahoze ari Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Umubano w’u Rwanda na Qatar wamaze kuba ntamakemwa nyuma yaho muri Gicurasi 2017 ibihugu byombi bitangiye inzira y’ubufatanye mu bya diporomasi, ibihugu byombi bigashyira umukono ku masezerano agamije kunoza imikoranire
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yasuye ahari kubakwa urugomero rwa Nyabarongo ya II, rwitezweho gutanga amashanyarazi agera kuri megawati 43,5
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yagaragaje ko ibikorwa biyobowe n’Abanyafurika bishingiye ku bufatanye, ubunyamwuga no gutabarana mu gihe gikwiye bigenda bigaragaza umusaruro ufatika
Umuyobozi w'Ikirenga wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, wari mu ruzinduko rw'iminsi ibiri mu Rwanda yatangaje ko ashima umuhate w'u Rwanda mu gushyigikira ibikorwa by'amahoro mu Karere ka Afurika y'Uburasirazuba
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot n’itsinda bazanye mu Rwanda, basuye urwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi, bunamira inzirakarengane ziharuhukiye

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka