Amakuru

Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, bwatangaje ko aka karere kafashe ingamba zo kurandura mu buryo burambye ikibazo cy'inzara muri imwe mu Mirenge igize aka karere cyagaragayemo.
APR FC yanganyije na Al Merreik 0-0 mu mukino w'umunsi wa 15 wa Shampiyona y'u Rwanda wabereye muri Stade Amahoro.
Minisitiri w'Urubyiruko n'iterambere ry'Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yatangaje ko urubyiruko rugaragaza ko rufite ubushobozi bucye, rudakwiye guhutazwa cyangwa ngo ruterwe imijugujugu ku mbuga nkoranyambaga.
Mu Karere ka Musanze, kuva ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, abaturage bagera ku 1000, bazindukiye mu Murenge wa Gataraga , kureba ibyo bita "Amabonekera" ya bikiramariya na Yezu.
François Bazaramba, wari warahamijwe ibyaha bya Jenoside, yapfiriye muri Finland muri Gereza ya Kerava aho yari afungiye.
Perezida Kagame ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 16 Mutarama 2026, yagiranye ibiganiro na Dr. Sidi Ould Tah, Perezida wa Banki Nyafurika Itsura Amajyambere,BAD.
Polisi yataye muri yombi bamwe mu bayobozi ba Hoteli Urubuto yahoze yitwa Dayenu yo mu Karere ka Nyanza, kugirango babazwe iby'urupfu rw'umusekirite wabo wapfiriye muri piscine y'iyi Hoteli.
Sena y'u Rwanda yatangaje ko igiye gukora igikorwa cyo gusura abaturage mu Gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi.
Mu Mujyi wa Kigali, hafi y'ahasanzwe nabwo inyubako ya Kigali Convention center, hagiye kubakwa Parklane Center , izaba igizwe n’amagorofa 25.