Amakuru

‎Urwego Rrw 'Igihugu Rushinzwe Iterambere (RDB), rwashyizeho amasaha y'agateganyo azagenga ibikorwa by'ubucuruzi guhera ku wa 22 Ukuboza 2025 kugeza ku wa 05 Mutarama 2026.
Inama Njyanama y'Akarere ka Nyagatare yemeje ko uwari Umuyobozi w’aka Karere Gasana K. Stephen, yamaze gusezera kuri izo nshingano.
‎Umujyi wa Kigali watangaje ko washyizeho gahunda yihariye mu buryo bw'ingendo mu gihe cy 'iminsi mikuru ya Noheli n'Ubunani. ‎
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zashinje umutwe wa AFC/M23 kubeshya ko wavuye mu mujyi wa Uvira, nyuma yuko utangaje ko wagombaga kuba warangije kuwuvamo bitarenze ku wa kane.
Umuyobozi mukuru w' Inzego z' Umutekano z' u Rwanda (RSF) mu Ntara ya Cabo Delgado, Maj Gen Vincent Gatama ku wa 20 Ukuboza 2025, yakiriye Brig Gen Tomás Francisco João Mponha, Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Mozambique (FADM), i Mocimboa da Praia.
Ababyeyi b’Intwaza bavuga ko gusangira iminsi mikuru n'abanyamuryango ba Unity club Intwararumuri, bibagaragariza ko bafite igihugu kibakunda kandi kibitayeho ndetse ko bibabera n'umwanya wo kumva batari bonyine, bikanabongerera icyizere cyo kubaho
Perezida Kagame akaba na Chairman wa FPR Inkotanyi yagaragaje uburyo amahanga yashatse kongera kubiba amacakubiri mu Banyarwanda ariko agasanga bunze Ubumwe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu batanu barimo na Prophet Joshua uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga anyanyagiza amafaranga  mu birori bitandukanye