Imikino

Ikipe ya Paris Saint-Germain (PSG) yo mu Bufaransa, yatangije ku mugaragaro Irerero ry’umupira w’amaguru (academy) mu Mujyi wa Los Angeles, muri Leta ya California.
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa yavuze ko iyi kipe isigaje kwinjizamo abakinnyi babiri b'abanyamahanga baza basanga Umugande Ronald Ssekiganda
Ngabo Albert usanzwe utoza Ikipe y’Abato ya APR FC, yavuze ko urwego Umurenge Kagame Cup ugezeho wakuramo abakinnyi bakina muri Rayon Sports