Kuri uyu wa Mbere nibwo umuhanzi Bruce Melodie abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yatangaje ko mu mpeshyi ya 2026 azafatanya na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu byiswe, “2026 Summer Country Tour”
Niyo Bosco uri mu bafite izina rikomeye mu muziki Nyarwanda yambikanye impeta y’urudashira na Mukamisha Irene, bari bamaze igihe mu munyenga w’urukundo
Niyitegeka Gratien umenyerewe ku amazina arimo Papa Sava, Seburikoko, Ngiga, Sekaganda n’andi menshi, yatangaje ko ageze ku murizo imyiteguro yo gushyira hanze filime nshya irangira yise “What a Day”
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga