Inkuru Nshya

Abaturage bo mu Murenge wa Ruli, mu Karere ka Gakenke, barashimira Leta y’u Rwanda ku ruhare rukomeye yagize mu guteza imbere ubuhinzi, bavuga ko ivugururabuhinzi ryabagejeje ku musaruro mwinshi no ku mibereho myiza kurusha mbere
Ikigega Mpuzamahanga cy’Iterambere, OFID cyasinyanye amasezerano n’u Rwanda ya miliyoni 300$ (arenga miliyari 432 Frw), azashorwa mu bikorwa by’iterambere mu gihe cy’imyaka itatu iri imbere.