Umunya-Israel Itamar Einhorn ukinira ikipe ya NSN Cycling Team yegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda 2026, kakiniwe ku ntera y'ibilometero 84,1 kuva mu Karere ka Rubavu werekeza i Musanze
Ubushakashatsi bwakozwe mu Rwanda bwagaragaje ko hari icyuho mu bahanzi mu kubyaza amahirwe impano zabo kugirango zibinjirize ndetse n'igihugu muri rusange
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF, ryashimiye u Rwanda ku kazi gakomeye rwakoze mu ku burenganzira bw’abana mu nzego z’ubutabera zarwo.
Umuhanzi Kitoko Bibarwa yaraye ataramiye anaganiriza abitabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen Z Comedy Show cyabaye mu ijoro ryo ku wa Kane, tariki ya 26 Gashyantare 2026.
Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje ko ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi, bukomeje gukora ibikorwa by'ubugome, aho kuri ubu ingabo za leta ,FARDC, iri kurasa abaturage n'amatungo.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga