Darren Watkins Jr. wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka iShowSpeed ategerejwe mu Rwanda, mu ruzinduko rudasanzwe azagirira ku mugabane wa Afurika, aho ateganya gusura ibihugu 28 mu gihe cy’iminsi 20
Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri mu Ntara ya Cabo Delgado mu Majyaruguru ya Mozambique, ku wa 21 Ukuboza 2025, bitabiriye igikorwa cya siporo rusange aho bari kumwe n’abaturage ndetse n' abayobozi b'inzego z' ibanze.
Bigoranye, Al Hilal Omdourman yanganyije na Marines FC ibitego 2-2, Kiyovu itsinda Rutsiro igitego 1-0 mu mikino y'umunsi wa 12 ya Shampiyona y'u Rwanda.
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zashinje umutwe wa AFC/M23 kubeshya ko wavuye mu mujyi wa Uvira, nyuma yuko utangaje ko wagombaga kuba warangije kuwuvamo bitarenze ku wa kane.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga