Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) yatangaje ko u Rwanda rwahawe kwakira ibirori byo gutanga ibihembo by’abakinnyi b’indashyikirwa mu mukino wo gusiganwa ku magare ku mugabane wa Afurika
Amakipe atatu yo muri Sudani y'Epfo yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, asaba kwemererwa gukina muri Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yatangaje ko mu myaka ibiri gusa Abanyarwanda bakoresha murandasi ya 4G bazamutse bavuye kuri kimwe cya kabiri cya miliyoni bakagera kuri miliyoni 5
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga