Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yafashe icyemezo cyo guhagarika mu nshingano Umutoza Mukuru Afhamia Lotfi ndetse n'Umutoza wungirije wa kabiri, Azzouz Lotfi
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Gambia, Lieutenant General Mamat O.A Cham uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yasuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda giherereye ku Kimihurura
Perezida wu Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Umunyamabanga Mukuru w’Ihuriro ry’Inteko Zishinga Amategeko ku Isi, Inter-Parliamentary Union, IPU, Martin Chungong, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo umuhanzi w’Umunya-Kenya, Bien-Aimé Baraza, umwe mu bigeze kuba mu itsinda rya Sauti Sol, ataramire i Kigali mu gitaramo cya 'Friends of Amstel Experience 2025'
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga