Mu karere ka Nyamasheke, mu Murenge wa Cyato, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri 2025, abubakaga urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyirahindwe, bagwiriwe n’urukuta ndetse amakuru aravuga ko abantu umunani baba bitabye Imana
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Bernadette Arakwiye, yagaragaje ko guhangana n’ihindagurika ry’ikirere biri ku isonga mu byo u Rwanda rushyize imbere mu rugamba rw’iterambere
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje ko rufunze Ndagijimana Straton wo mu karere ka Musanze, akurikiranyweho kwambara umwambaro wa leta kandi we atabifitiye ububasha
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG) yeteguje abatuye mu bice byo mu mu Mujyi wa Kigali mu Mirenge ya Gikomero, Rusororo, Rutunga na Ndera, mu karere ka Gasabo ko bizabura umuriro amasaha macye
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga