Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yaremye agatima Abanyarwanda nyuma yaho Ikipe y'Igihugu,AMAVUBI , itsinzwe na Benin mu mikino wo gushaka itike yo kujya mu gikompe cy'Isi.
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Reeta Roy, Umuyobozi Mukuru wa Mastercard Foundation, wari kumwe na Sewit Ahderom, uzamusimbura ku buyobozi bukuru bw’uyu muryango guhera mu ntangiriro za 2026
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi itakaje amahirwe yari asigaye yo kwerekeza mu gikombe cy'Isi cya 20265, nyuma yo gutsindwa n'ikipe y'igihugu ya Benin igitego 1-0 mu mu mukino ubanziriza uwa nyuma mu gushaka itike yacyo
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga