Inkuru Nshya

Umusifuzi wakubise umugeri umukinnyi wa Mukura yahagaritswe umwaka 

Yago  ari  mu byishimo  byinshi aho  Imfura ye yujuje umwaka ibonye izuba

Minisitiri Utumatwishima yagaragaje impungenge ku 10% by’urubyiruko rudashaka gukora

Ikigega ‘Aguka Youth Fund’ cy’ingwate y’urubyiruko  kimaze kugeramo miliyari 1,5 Frw

Abamotari batwara moto z’Amashanyarazi mu mujyi wa Kigali bishimira ko zihendutse kandi zitangiza ibidukikije, ariko basobanura ko hari ibigikeneye kunozwa birimo kongera amagaraje n’abakanishi bazo.
Aborozi bo mu Karere ka Kayonza, Gatsibo na Nyagatare bemerewe kuzajya bahira ubwatsi bw'amatungo yabo mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro, mu rwego rwo kongera umusaruro w’amata.  
Ingabo z’u Rwanda zatangaje ko umusirikare witwa St Minani Gervais, w’imyaka 39 yishe arashe abasivile batanu mu karere ka Nyamasheke, ndetse akaba yamaze gutabwa muri yombi.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka