U Rwanda ruri mu bihugu 142 byatoye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka
Benshi batagize amahirwe yo kubana cyangwa kubona umuhanzi Minani Rwema, akiri mu mubiri, uyu munsi bahura na we binyuze mu bihangano cyangwa se bumvise indirimbo ze mu birori binyuranye by’umuco Nyarwanda birimo ubukwe, n'ibindi
Polisi y’u Rwanda yerekanye itsinda ry’abasore batatu bafashwe amashusho batema umugore wo mu Murenge wa Nyarugenge mu Kagari ka Rwampara mu mujyi wa Kigali.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Lt Gen Innocent Kabandana, yagarutse ku bihe byamuranze , ashima umurava we n’ishyaka mu kazi ke haba mu gihugu no mu butumwa bw’akazi mu muhanga.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga