Abari abasirikare b’Ingabo za Loni bari mu butumwa bw'amahoro mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi [MINUAR] baturutse mu bihugu bya Ghana na Sénégal, bagarutse mu Rwanda nyuma y'imyaka 31
Dj Maphorisa ukomoka muri Afurika y’Epfo wamenyekanye mu kuvanga imiziki by’umwihariko mu njyana ya ‘Amapiano’ ategerejwe i Kigali mu gitaramo cya Fuego Fest
Perezida Paul Kagame ari kumwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu miryango ya EAC na SADC bitabiriye inama idasanzwe yiga ku bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa RDC
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga