Inkuru Nshya

Amakipe ane ahagarariye u Rwanda mu muri Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball (CAVB Men’s Club Championship 2026) yageze muri ⅛ mu gihe hamaze gukinwa imikino ine muri itanu y’amatsinda
U Rwanda rukomeje gushyiraho ingamba zirufasha guhangana n’izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli bikomeje gutumbagira uko bwije n’uko bukeye ari nako kandi rugabanya ingano y’imyuka ituruka mu binyabiziga bikoresha lisansi ijya mu kirere ikangiza ibidukikije.
Umuhanzi Kevin Kade yateguje indirimbo ye nshya yise ‘ Ndi Ready’ yizeza abakunda ibihangano bye ko izabanyura.
Umunyarwanda Masengesho Vainqueur yegukana umwanya wa kabiri muri Tour d'Algérie Cycliste 2026, asizwe amasegonda 19 n’Umunya-Indonesia Dimas Nur Fadhil Rizqi ukinira Jakarta Pro Cycling Team
Kuri iyi tariki nibwo intumwa za Leta y’abatabazi yari iri gukora Jenoside zakiriwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa i Paris, hirengagijwe ubuzima bw’Abatutsi ibihumbi bari bamaze kwicwa bazira uko bavutse.
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Amagaju FC ishimangira umwanya wa kane, mu gihe yitegura kwisobanura n’umukeba wayo, APR FC.
Pariki y’Igihugu y’Akagera yatangaje ko mu gihembwe cya mbere cya 2026 yasuwe n’abantu barenga 11.700, bituma yinjiza arenga miliyoni 1,3$, ni ukuvuga asaga miliyari 1,9 Frw mu mezi atatu gusa.
Minisitiri w'ubutegetsi bw'igihugu Habimana Dominique yifatanyije n'abaturage bo mu karere ka Kamonyi,mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Shampiyona nyafurika yʼamakipe yʼabagabo muri Volleyball (CAVB Menʼs Club Championship 2026) yakomeje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 25 Mata 2026, hakinwa imikino 12 y’umunsi wa gatatu, wasize amakipe ane ahagarariye u Rwanda yose yitwaye neza.
Polisi y’igihugu yatangaje ko Abapolisi 1697 barimo n’abacungagereza basoje ku mugaragaro icyiciro cya kane cy’amahugurwa y’ibanze y’ibikorwa bya Polisi byihariye mu gucunga umutekano (Basic Police Special Forces course 04/2026).

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka