Inkuru Nshya

Inzego za leta zasabwe kuziba icyuho kiri mu gukemura ibibazo by’abaturage ku gihe

Mu gifute cy’imitoma Tracy Agasaro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umugabo we Rene Patrick

Tariki 6 Gicurasi 1994: Umunsi Kambanda avugira kuri Radio Rwanda ko kwica Abatutsi bigomba byihutishwa 

Perezida Kagame yashimiye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Ubushakashatsi bwa karindwi ku Mibereho n’Ubuzima (Rwanda Demographic and Health Survey – DHS 2025) bwashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) bwerekanye ko abagore, by’umwihariko abakiri bato, bafite ubumenyi ku kwirinda ubwandu bw'agakoko gatera SIDA, VIH ugereranyije n’abagabo.
Rugamba Sipiriyani hamwe n’itsinda rye ry’Amasimbi n’Amakombe, bigeze gukirigitwa n’inganzo maze baterura indirimbo bagira bati“Inshuti nyanshuti ntago ijya ikurambirwa, Ntikunda agashungo k'abaharara , Ikurindiriza aharamba imyaka akari jana , Haba amanywa y'ihangu cyangwa ijoro rijigije Ntihinyuke”
Urukiko rw'ibanze rwa Kicukiro rwanzuye ko abantu bane bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’isakara ry’amashusho y’umuhanzi Yampanon barimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad, uwitwa Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man , Kwizera Nestor  (Pappy nesta), bakomeza kuburana afunzwe by'agateganyo iminsi 30 .
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi, Édouard Bizimana, yamaganye byimazeyo itangazo ryasohowe n’ihuriro AFC/M23 rivuga kuvana ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo (RDC), avuga ko ari nk’amayeri agamije gushuka no kuyobya amahanga.
Inteko Ishinga Amategeko ya Azerbaijan yemeje ku mugaragaro amasezerano y’ubwikorezi bwo mu kirere hagati y’igihugu cyayo n’u Rwanda.
Ikigo cy'Igihugu cy'ibararurishamibare ,NISR, cyagaragaje ko imibare y'abana bari munsi y’imyaka itanu bagwingira mu Rwanda yagabanutse aho igeze kuri 27% mu mwaka wa 2025, ivuye kuri 33 % ryariho mu bushakashasti bwa 2019/2020.
Abagize Urugaga rw’Abahanga mu by’Ubwubatsi basabye Minisiteri y’Ibikorwaremezo kujya bahabwa amasoko y’imishinga y’ubwubatsi minini akunze guhabwa sosiyete z’abanyamahanga, kuko na bo bafite ubushobozi bwo kuyakora neza;
Abana 3 bo mu muryango umwe wo mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Cyumba, baturikanywe na grenade ubwo batashyaga inkwi mu ishyamba, bahita bitaba Imana.
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutse ku kigero cya 11.8% mu gihembwe cya gatatu cya 2025, ugera kuri miliyari 5,525 Frw, uvuye kuri miliyari 4,659 Frw wariho mu gihembwe nk’iki cy’umwaka wa 2024

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka