Inkuru Nshya

Umuhanzi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yatangaje ko ibyavuzwe ko Ishimwe Vestine yaba yaramaze gutandukana n'umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo, byaba atari ukuri
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva ku mugoroba wo ku wa 18 Ugushyingo 2025, yakiriye PRAK Sokhonn, Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubwami bwa Cambodge.
Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda yo kwigisha ubwenge buhangano [AI] hifashishijwe gahunda ya Chidi yifashisha ikoranabuhanga rya Claude AI, mu gufasha abarimu n’abanyeshuri
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima ndetse n’Ikigega gishinzwe kurwanya ibyorezo, Pandemic Fund, batangije ku mugaragaro umushinga wo kubaka Laboratwari Mpuzamahanga yo gupima indwara z’inyamaswa
AFC/M23, ryatangaje ko ryamaganye bikomeye icyemezo cya Perezida Félix-Antoine Tshisekedi cyo gutangaza ko ikibuga mpuzamahanga cya Goma kizafungurwa,banamaganira kure ibyo kubahuza n'u Rwanda
Nishimwe Naomie wabaye Nyaminga w'u Rwanda wa 2020, yasobanuye ubuzima yabayemo nyuma yo kwambikwa ikamba, agaragaza ko iby’ubwiza n’ubwamamare abantu babona bidahura n’ukuri k’ubuzima bwa buri munsi
Umuramyi Ngendahayo Richard Nick yahishuye ko impamvu yahaye amafaranga ibihumbi 500, umunyarwenya Kadudu Kaduhire, ari uko yifuzaga kumuremamo icyizere no kumwibutsa ko ari umwe mu bo u Rwanda rwitezeho iterambere
Maison Inkindi ni inzu y’imideli imaze igihe kigera ku myaka itatu ikora, iyi nzu itunganya imyenda ishaje abantu batagishaka kwambara ikongera kuba mishya
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine, yaciye amarenga yuko yaba abayeho mu buzima bumushaririye nyuma y’igihe kigera ku mezi atanu arushinze na Idrissa Ouédraogo
Minisitiri w'Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yasabye Abanyarwanda kudakuka umutima kuko nta cyorezo cy’ibicurane gihari, kuko ari ibicurane bisanzwe biterwa n’igihe tugezemo

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka