Inkuru Nshya

Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yasabye Abanyarwanda kurushaho gusobanukirwa ingengabitekerezo y'urwango n'amacakubiri yagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi, ashimangira ko ari imwe mu nzira zo gukumira ko amateka mabi yasubira
Ikipe y'Umurenge wa Masaka yegukanye 'Umurenge Kagame Cup 2026' mu mupira w'amaguru mu bagabo itsinze Nyarugenge ibitego 6-3 ku mukino wa nyuma, mu gihe mu bagore cyegukanywe n’Umurenge wa Mahembe yo mu karere ka Nyamasheke yatsinze Kacyiru penaliti 5-4.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Muhanga–Nyange, ku kiraro cya Nyabarongo gihuza Akarere ka Muhanga na Ngororero  hafunzwe by’agateganyo kubera imirimo yo kuvugurura no gusana uyu muhanda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka