Inkuru Nshya

Tariki 7 Gicurasi 1994: Abanyeshuri bigaga muri G.S Marie Merci bishwe bagambaniwe na bagenzi babo

Karasira Aimable yapfuye ku munsi yari bufungurirweho

Perezida Kagame yashimiye ikipe ya Paris Saint Germain yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Perezida Duma yashimangiye ko u Rwanda na Botswana bikwiye kwihutisha iterambere

Amb. Urujeni Bakuramutsa, yashyikirije Perezida w’u Busuwisi, Karin Keller-Sutter, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Kuri uyu wa Gatanu, tariki 24 Ukwakira 2025, Polisi y’u Rwanda yatangije uburyo bwo gukangurira abakoresha umuhanda  gufatanya mu mutekano wabo kugirango hirindwe impanuka.Igikorwa cyo gutangiza ubu bukangurambaga cyabereye muri Gare ya Nyabugogo ahakunze guteranira imbaga y’urujya n’uruza rwa bantu bava cyangwa baza mu Mujyi wa Kigali.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yasabye Abasenateri bashya kuzuza neza inshingano zabo no guhangana n’ibibazo bitandukanye igihugu gihura na byo.
Perezida w'u Rwanda Paul Kagame, yasabye Abasenateri batangiye manda ya kabiri n'abinjiye bashya muri Sena, gukora neza bagamije gutanga ibisubizo ku bibazo Abanyarwanda bafite
AFC/M23 ryamaganiye kure amakuru avuga ko bagiranye ibiganiro na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, bamusaba guhagarika imikoranire ya bugufi na Leta ya RDC
Urukiko rwa Rubanda rwo mu Bufaransa rwanze ubujurire bwa Sosthène Munyemana, rutegeka ko akomeza gufungwa imyaka 24 yari yarakatiwe mu 2023, nyuma yo kumuhamya uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri  Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Ubufaransa , Gen. Pierre Schill, n’abandi bari kumwe, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherere ku Gisozi, mu karere ka Gasabo,bunamira inzirakarengane ziharuhukiye .

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka