Inkuru Nshya

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'Ububiligi, Maxime Prévot, ni umwe mu ba Minisitiri b'Ububanyi n'Amahanga bitabiriye inama ya 46 iri kubera mu Rwanda y'aba Minisitiri bagize umuryango w'ibihugu bivuga ururimi rw'Igifaransa, Francophonie
Perezida wa Pan African Movement-Rwanda, Hon Musoni Protais, yasabye urubyiruko guharanira kugira amahitamo yo kwigenga mu bitekerezo ndetse no gukunda igihugu no kugikorera
REB yagaragaje ko abarimu bigisha ururimi rw'Igifaransa boherejwe n'Umuryango w'Ibihugu bikoresha Igifaransa, OIF, ari abafatanyabikorwa b'imena mu rugendo rwo guteza imbere uru rurimi mu burezi bw'u Rwanda
Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko hakwiriye gufatwa ingamba ziboneye zo guha umugore agaciro n’ubushobozi, kugira ngo abe umufasha mu gukemura ibibazo byugarije Isi muri iki gihe
U Rwanda n’ikipe yo mu Bwongereza ya Arsenal, bemeranyije ko ubufatanye bwo kwamamaza ibikorwa bya 'Visit Rwanda' bwari bumaze imyaka umunani buzasozwa mu mpeshyi y’umwaka utaha wa 2026
Umuhanzi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yatangaje ko ibyavuzwe ko Ishimwe Vestine yaba yaramaze gutandukana n'umugabo we Idrissa Jean Luc Ouédraogo, byaba atari ukuri
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva ku mugoroba wo ku wa 18 Ugushyingo 2025, yakiriye PRAK Sokhonn, Minisitiri w’Intebe Wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubwami bwa Cambodge.
Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda yo kwigisha ubwenge buhangano [AI] hifashishijwe gahunda ya Chidi yifashisha ikoranabuhanga rya Claude AI, mu gufasha abarimu n’abanyeshuri
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima ndetse n’Ikigega gishinzwe kurwanya ibyorezo, Pandemic Fund, batangije ku mugaragaro umushinga wo kubaka Laboratwari Mpuzamahanga yo gupima indwara z’inyamaswa
AFC/M23, ryatangaje ko ryamaganye bikomeye icyemezo cya Perezida Félix-Antoine Tshisekedi cyo gutangaza ko ikibuga mpuzamahanga cya Goma kizafungurwa,banamaganira kure ibyo kubahuza n'u Rwanda

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka