Inkuru Nshya

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC),yatangaje ko ishima intambwe imaze guterwa mu kugabanya ubukene, inashima uruhare rw'imiryango itari iya leta mu iterambere ry'Igihugu.
Perezida Kagame uri mu rugendo rw'akazi muri Guinée , yifatanyije nabo gutangiza umushinga munini wo gucukura amabuye y’agaciro wa ‘Simandou Iron Ore Project’.
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Guinée-Conakry
Abanyarwanda basaga 300 bari mu nkambi y’agateganyo ya Nyarushishi, baherutse gutahuka bavuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangiye kwigishwa ku bumwe n'ubudaheranwa by'Abanyarwanda
Umuhanzi  Florien Uworizagwira, yatangaje ko adaciwe intege n’amashusho y’urukozasoni ye yasakaye ku mbuga nkoranyambaga, yongera kugaragaza urwo akunda umukunzi we.
Umubyeyi w’imyaka 22 wavaga i Nyamagabe, yerekeza i Rubavu yabyariye mu modoka itwara abagenzi ya Coaster
Ikigo gicuruza Moto zikoresha amashanyarazi  cya Spiro, cyasobanuye ibijyanye n’imikorere mibi bikivugwamo.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda), cyatangaje ko hagati ya tariki ya 11-20 Ugushyingo 2025, hateganyijwe imvura nyinshi mu gihugu hose, iri hejuru y'iyari isanzwe
Komisiyo y’Ubutabera n’Amahoro mu nama y’abepiskopi Gatolika mu Rwanda (Commission Épiscopale Justice et Paix Rwanda),ibinyujije mu mushinga wayo “Amani Kwetu”, kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2025 , yatangije ibiganiro by’iminsi ibiri, bigamije kwimakaza amahoro n’ubwumvikane mu baturage bo mu bihugu by’u Rwanda, u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).
Ubucuruzi hagati y'u Rwanda n'u Bushinwa bwageze ku gaciro ka miliyoni z'amadorari 605 ya Amerika mu mezi icyenda y'umwaka wa 2025, bigaragaza izamuka rya 22.1% ugereranyije n'umwaka ushize wa 2024

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka