Umunyarwenya akaba n'umukinnyi w'amafilimi, Kevin Hart, yasangije abakunzi be ibihe bidasanzwe yagiriye mu Rwanda ubwo we n'umuryango we basuraga Ingagi zo muri Pariki y'Ibirunga mu Karere ka Musanze
Umugore wo mu Mudugudu wa Kiberinka, Akagari ka Rugarama,mu Murenge wa Nyarugenge, arashinja nyina kumutwara umugabo, byatumye afata icyemezo cyo kuba avuye muri urwo rugo, rukigarurirwa na nyina.
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, uri kugirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda, yatangaje ko bifuza ko rwakomeza kubafasha mu gucunga umutekano mu gihe cy’amatora y’umukuru w’igihugu no gukomeza kwagura umubano w’ibihugu.
Al Merrikh SC yo muri Sudani yinjiye mu mateka nk’ikipe ya mbere yo mu mahanga yakinnye muri Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0, hakinwa imikino y’umunsi wa munani