Inkuru Nshya

Umunyarwenya akaba n'umukinnyi w'amafilimi, Kevin Hart, yasangije abakunzi be ibihe bidasanzwe yagiriye mu Rwanda ubwo we n'umuryango we basuraga Ingagi zo muri Pariki y'Ibirunga mu Karere ka Musanze
Ubuyobozi bw’umujyi wa Goma bwatangaje ko Julien Katembo Ndalieni wari umuyobozi washyizweho n’ihuriro rya AFC/M23, yahagaritswe mu mirimo mu gihe cy’iminsi 15
Umugore  wo mu Mudugudu wa Kiberinka, Akagari ka Rugarama,mu Murenge wa Nyarugenge, arashinja nyina kumutwara umugabo, byatumye afata icyemezo cyo kuba avuye muri urwo rugo, rukigarurirwa na nyina.
Abasenateri bagaragaje ko hakwiye kongerwa imbaraga mu kunoza politiki y’Umuganda, kugira ngo ibikorwa byubaka igihugu biwukorerwamo birusheho kuba byinshi kandi bifite ubuziranenge
Leta ya Qatar yagennye Mansour Ali Fahad Al-Shahwani Al-Hajri nka Ambasaderi mushya w'iki gihugu mu Rwanda
U Rwanda na leta ya Namibia, basinye ishyirwa mu bikorwa ry'Amasezerano y’ubufatanye yo kuwa 6 Gashyantare 2025.
Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, uri kugirira uruzinduko rw’akazi mu Rwanda, yatangaje ko bifuza ko  rwakomeza kubafasha mu gucunga umutekano mu gihe cy’amatora y’umukuru w’igihugu no gukomeza kwagura umubano w’ibihugu.
Igikomangoma Spéciose Mukabayojo yasezeweho mbere yuko ashyingurwa  mu Rwanda mu mpera z’iki cyumweru.
Al Merrikh SC yo muri Sudani yinjiye mu mateka nk’ikipe ya mbere yo mu mahanga yakinnye muri Shampiyona y’u Rwanda, nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports ibitego 2-0, hakinwa imikino y’umunsi wa munani
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yitabiriye Inama ya karindwi ihuza Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (AU–EU Summit)