Inkuru Nshya

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Phanuel Kavita, yatunguranye aho yagaragaye atoragura uduca tw'amazi twakoreshejwe n'abakinnyi nyuma yaho Benin itsinze Amavubi.
Maj Gen Vincent Gatama yatangiye ku mugaragaro inshingano zo kuyobora Inzego z’Umutekano z’u Rwanda ziri mu Ntara ya Cabo Delgado, muri Mozambique
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yaremye agatima Abanyarwanda nyuma yaho Ikipe y'Igihugu,AMAVUBI , itsinzwe na Benin mu mikino wo gushaka itike yo kujya mu gikompe cy'Isi.
U Rwanda ruri kumurika ubukerarugendo mu imurikagurisha rya 'TT Warsaw Expo' riri kubera mu gihugu cya Pologne guhera tariki ya 10-12 Ukwakira 2025
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye Reeta Roy, Umuyobozi Mukuru wa Mastercard Foundation, wari kumwe na Sewit Ahderom, uzamusimbura ku buyobozi bukuru bw’uyu muryango guhera mu ntangiriro za 2026
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi itakaje amahirwe yari asigaye yo kwerekeza mu gikombe cy'Isi cya 20265, nyuma yo gutsindwa n'ikipe y'igihugu ya Benin igitego 1-0 mu mu mukino ubanziriza uwa nyuma mu gushaka itike yacyo
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin, yakiriye Minisitiri w’Ubwongereza ushinzwe Iterambere Mpuzamahanga n’Afurika, Rt. Hon Baroness Jennifer Chapman mu rugendo arimo mu Rwanda,
Perezida Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, ategerejwe mu Rwanda aho azahagirira uruzinduko rw’akazi
Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Ukwakira 2025, Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwakatiye Habiyambere Zacharie uzwi ku izina rya Bishop Gafaranga mu myidagaduro nyarwanda, igihano cy’igifungo cy’umwaka umwe usubitse ndetse n’ihazabu ya mafaranga ibihumbi (150.000Frw) no kwishyura amagarama y'urubanza.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka